Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Ababyeyi bafite abana biga mu Ishuri ry'Icyitegererezo Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund riherereye mu Karere ka Bugesera, bavuga ko iri shuri ari ikimenyetso cy'ubuyobozi bwiza buharanira kwishakamo ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Abarwayi bamaze igihe mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali bitewe n'uburwayi bafite, bashima abagiraneza babagemurira. Umubyeyi umaze imyaka 2 mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali arwaje umwana we n ...
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Kuri iki Cyumweru, tariki 22 Nzeri 2024, mu Kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Nasho, mu Karere ka Kirehe, habereye umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’ibanze ...
Abahanzi barindwi bagezweho mu Rwanda bataramiye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Ngoma no mu bindi bice bihana imbibi mu gitaramo cya Kane cya MTN Iwacu Muzika Festival 2024. Ni igitaramo cyabereye ku ...
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza ariko ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko nubwo u Rwanda rukora ibishoboka mu kubungabunga amahoro, rugihangayikishijwe n’abasize bakoze ...
Abana 2 baherutse kuburira ubuzima mu mpanuka y'imodoka yari itwaye abanyeshuri yabereye mu Karere ka Nyamasheke, bashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu. Ubuyobozi bw'Akarere bwasabye ko habaho ubufatanye ...
Abaturage bo mu Kagari ka Kagitumba kabarizwa mu Murenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare, kuri ubu baravuga ko kuba barishatsemo ibisubizo bakigurira ubutaka bw'irimbi bubegereye mu Kagari kabo ...