Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Abarwayi bamaze igihe mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali bitewe n'uburwayi bafite, bashima abagiraneza babagemurira. Umubyeyi umaze imyaka 2 mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali arwaje umwana we n ...
Perezida wa Sena y'u Rwanda, Dr Kalinda Francois Xavier yagiranye ibiganiro n'itsinda ry'Abasenateri bo mu gihugu cya Namibia, bikaba byibanze kuri politiki na gahunda yo gutuza neza abaturage ...
Abarenga 274 baguye mu bitero by’indege za Israel irimo kugaba mu bice bitandukanye bya Libani, ku birindiro by’umutwe wa Hezbollah, ni mu gihe abarenga 1000 bamaze gukomereka. Kuva kuri uyu wa Mbere ...
Abasesengura ibya Politiki yo mu karere u Rwanda ruherereyemo bagaragaza impungenge kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ikomeje kugaragaza uruhare rutaziguye rushingiye ku mikoranire yayo n ...
Ibikorwaremezo binini by’imikino n’imyidagaduro byakira abantu benshi byaremye amahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari ku Banyarwanda n’abanyamahanga. Mu nkengero za Stade Amahoro ndetse n’inyubako ya BK ...
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga-Mukoto uhuza Uturere twa Gasabo na Rulindo yatangiye, aho abaturage bawitezeho kubahindurira imibereho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Guverineri w’Intara y ...